Igazeti
Igazeti
1
(a) Km50 ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru
b) Km40 ariko amaze kureba ibi bikurikira:
c) Km30 a) Umuvuduko w’abanyamaguru
d) Nta gisubizo cy’ukuri b) Ubugari bw’umuhanda
c) Umubare w’abanyamaguru
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
13. Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga 14. Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko
n’ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:
ihindura ry’ibyerekezo byabyo. Birabujijwe a) Km25
gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri b)Km70
uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara c) Km40
akurikira: (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) Amatara ndanga
(b) Amatara ari imbere mu modoka
c) Amatara ndangaburambarare
d) Ibisubizo byose nibyo
15. Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga 16. Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira
kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita: uduhanagurakirahure tungahe:
a) Feri y’urugendo a) 2
b) Feri yo guhagarara umwanya munini b) 3
(c) Feri yo gutabara (c) 1
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
17. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba 18. Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara
kuzimwa mu bihe bikurikira: arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse
a) Iyo umuhanda umurikiye umuyobozi abasha kubyerekeye amatara akurikira:
kureba muri metero 20 a) Itara ndangamubyimba
(b) Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi b) Itara ryerekana icyerekezo
c) Iyo ari mu nsisiro c) Itara ndangaburumbarare
d) Ibisubizo byose ni ukuri (d) Ibisubizo byose ni ukuri
19. Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare 20. Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi,
cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira: bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa,
a) cm25 bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko
b) cm125 ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho
c) cm45 ku buryo bukurikira:
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo (a) Ni itara ry’icyatsi rishyirwa imbere ku
kinyabiziga
b) Ni itara ry’icyatsi rishyirwa ibumoso
c) Ni itara ry’umuhondo rishyirwa inyuma
d) A na C ni ibisubizo by’ukuri
21. Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri 22. Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura rigomba
zishobora gushyirwaho amatara abiri asa n’icunga kugaragara igihe ijuru rikeye nibura mu ntera
rihishije amyasa kugirango yerekane ko zihagaze ikurikira:
no kwerekana ko bagomba kwitonda, ayo matara a) Metero 100 ku manywa na metero 20 mu ijoro
ashyirwaho ku buryo bukurikira : b) Metero 150 ku manywa na metero50 mu ijoro
a) Amatara abiri ashyirwa inyuma c) Metero 200 ku manywa na metero100 mu ijoro
2
b) Amatara abiri ashyirwa imbere (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(c) Rimwe rishyirwa imbere irindi inyuma
d) b na c ni ibisubizo by’ukuri
23. Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiye 24. Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa
ushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye, na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo
bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa
byumvikanira mu ntera: inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm
a) Metero 100 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga
b) Metero 200 bikurikira:
(c)Metero 50 a) Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga
d) Metero 150 km25
b) Ibinyabiziga bihinga
c) Ibinyabiziga bya police
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
25. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku 26. Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari
mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe
gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka n’ibinyabiziga bikurikira:
zitambuke neza, kiba ari: a) Igare
a) Ahanyurwa n’amagare na velomoteri b) Velomoteri
b) Ahanyurwa n’ingorofani (c) Ipikipiki ifite akanyabiziga kometse ku
(c) Ahanyurwa n’ibinyamitende ruhande rwayo
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
27. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara 28. Icyapa kivuga gutambuka mbere
ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara
imyaka: akurikira:
a) Imyaka 10 a) Ubuso ni umweru
(b) Imyaka 12 b) Ikirango ni umutuku n’umukara
c) Imyaka 7 c) Ikirango ni umweru n’umukara
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
29. Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere 30. Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo
kw’iburyo rikurikizwa mu masangano: kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa
a) Iyo nta cyapa cyo gutambuka mbere gihari iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no
b) Iyo ikimenyetso kimurika cyagenewe gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda:
ibinyabiziga kidakora
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri a) Hakurikijwe icyerekezo abagenzi bireba
d) Nta gisubizo cy’ukuri baganamo
b) Hakurikijwe icyo ibyo bimenyetso bigamije
kwerekana
(c) Kugirango birusheho kugaragara neza
d) Ibisubizo byose ni ukuri
31. Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe 32. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa
mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho
rishyirwa ahagana he: ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba
a) Kuri buri nzira gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :
3
b) Hagati y’amasangano
c) Iburyo bw’amasangano a) Babona gusa ibumoso bwabo iby’ibara ritukura
(d) a na b ni ibisubizo by’ ukuri b) Iburyo babona iby’ibara risa n’icunga rihishije
gusa
c) Babona iby’ibara ry’umuhondo ibumoso
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
33. Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa 34. Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa
isuzumwa rimwe mu mezi 6: bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure
a) Ibinyabiziga bitwara abagenzi muri rusange bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara
b) Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje akurikira:
toni 3.5 (a) Ubururu
c) Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara b) Umweru
(d) Ibisubizo byose ni ukuri c) Umutuku
d) Nta gisubizo cy’ukuri
35. Ku mihanda ibyapa bikurikira bigomba 36. Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhoro
kugaragazwa ku buryo bumwe: kandi igahagarara ku buryo bwizewe bubangutse
a) Ibyapa biyobora n’ibitegeka kandi nyabwo, uko imodoka yaba yikoreye kose
b) Ibyapa biburira n’ibitegeka yaba igeze ahacuramye cyangwa ahaterera:
(c) Ibyapa bibuza n’ibitegeka
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo (a) Feri y’urugendo
b) Feri yo gutabara
c) Feri yo guhagarara umwanya munini
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
37. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga 38. Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe
kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu,
igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite
bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo
aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe makuzungu ni :
km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku a) Toni 10
buryo bukurikira: b) Toni 12
(c) Toni 16
a) Agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda d) Toni 24
b) Ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije
c) Icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite
cm 20 kuri buri ruhande
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
39. Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ibinyamitende 40. Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse
itatu n’ubwiyikorewe n’ibinyamitende 4 bifite icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:
cyangwa bidafite moteri kimwe n’ubw’iyikorewe a) Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
na romuruki zikuruwe n’ibyo binyabiziga b) Hafi y’aho abanyamaguru banyura
ntibushobora kurenga ibipimo bikurikira: c) Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
(d) Ibi bisubizo byose ni ukuri
a) cm 30 ku bugari bw’icyo kinyabiziga
kidapakiye
4
b) Ubugari ntarengwa budakuka ni metero 2 na
sentimetero 50
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
41. Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, 42. Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko,
umuvuduko ntarengwa ku modoka zitwara umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwa
abagenzi mu buryo bwa rusange ni: nk’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifite
(a) Km 60 mu isaha uburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500
b) Km 40 mu isaha ni:
c) Km 25 mu isaha a) Km 60 mu isaha
d) Km20 mu isaha b) Km 40 mu isaha
(c) Km 75 mu isaha
d) Km20 mu isaha
43. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya 44. Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe
kanini aha hakurikira : n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa
a) Imbere y’ahantu hinjirwa hakasohokerwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200,
n’abantu benshi udutsiko twose tw’abanyamaguru
b) Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate nk’imperekerane cyangwa udutsiko
bigaragazwa n’imirongo idacagaguye tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo hakaba hari abantu barenze umwe bagomba
kugaragazwa kuburyo bukurikira :
45. Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ 46. Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa
inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye
mu bihe bikurikira: kumunyuraho aha hakurikira:
a) Iyo hari amategeko yihariye yerekanwa a) Mu nsisiro gusa
n’ibimenyetso b) Ahegereye inyamaswa zikurura
b) Iyo badatatanye kandi bayobowe n’umwarimu c) Hafi y’amatungo
(c) Iyo hatari amategeko yihariye yerekanwa (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
n’ibimenyetso
d) Ibisubizo byose ni ukuri
47. Uburemere ntarengwa bwemewe ntibushobora 48. Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo
kurenga ½ cy’uburemere bw’ikinyabiziga gikurura bikurikira bigomba kugira amatara
nubw’umuyobozi kuri romoruki zikurikira : ndangaburumbarare :
a) Romoruki ifite feri y’urugendo (a) Metero 2 na cm 10
(b) Romoruki idafite feri y’urugendo b) Metero 2 na cm 50
c) Romoruki itarenza kg 750 c) Metero 3
5
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) Metero 2
49. Nta tara na rimwe cyangwa akagarurarumuri 50. Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa
bishobora kuba bifunze ku buryo igice cyabyo cyo menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba
hasi cyane kimurika kitaba kiri hasi y’ibipimo kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi
bikurikira kuva ku butaka igihe ikinyabiziga akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye
kidapakiye : uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo
a) Cm 30 kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi
(b) Cm 40 ntibikurikizwa ku matara akurikira:
c) Cm 50
d) Metero 1 na cm 55 a) itara ndangamubyimba
b) itara ndangaburumbarare
(c) itara ribonesha icyapa kiranga numero
y’ikinyabiziga inyuma
d) A na B byose nibyo
51. Ahari hejuru cyane y’ubuso bumurika 52. Ni ryari ikinyabiziga gishobora kugenda mu
h’amatara ndangambere na ndanganyuma muhanda moteri itaka cyangwa vitesi idakora:
ntihashobora kuba aharenze ibipimo bikurikira a) igihe kigenda ahamanuka
hejuru y’ubutaka iyo ikinyabiziga kidapakiye: (b) igihe gikuruwe n’ikindi kinyabiziga
a) m1 na cm 50 c) igihe gifite feri y’urugendo
b) m1 na cm 75 d) ibisubizo byose ni byo
(c) m 1 na cm 90
d) m2 na cm 10
52. Umurongo mugari wera udacagaguye 53. Buri modoka cyangwa buri romoruki ikuruwe
ushobora gucibwa ku muhanda kugirango n’iyo modoka bishobora kugira itara risa n’icyatsi
ugaragaze ibi bikurikira: kibisi bituma umuyobozi yerekana ko yabonye
(a) inkombe mpimbano z’umuhanda ikimenyetso cy’uwitegura kumunyuraho. Iryo tara
b) ahahagararwa umwanya muto n’umunini rigomba gushyirwa aha hakurikira:
c) ahanyura abayobozi b’amagare
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) hafi y’inguni y’ibumoso bw’ikinyabiziga
b) inyuma hafi y’impera y’iburyo bw’ikinyabiziga
c) inyuma ahegereye inguni y’iburyo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
54. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira 55. Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ipikipiki
icyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi areba idafite akanyabiziga ko kuruhande kimwe n’ubwa
neza kandi kigahora kitabwaho kugirango kigume romoruki ikuruwe na bene icyo kinyabiziga
gukora neza: ntibushobora kurenza ibipimo bikurikira:
a) ibinyabiziga bifite umuvuduko nibura wa km 60 (a) m 1.25
mu isaha b) cm 30
(b) ibinyabiziga bishobora kurenza km 40 mu c) cm 75
isaha d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) ibinyabiziga bishobora kurenza km 30 mu isaha
d) ibinyabiziga bishobora kurenza km 25 mu isaha
56. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira itara 57. Ibinyabiziga bihinga n’ibindi bikoresho
ry’ubururu rimyatsa riboneka mu mpande zose: byihariye bikoreshwa n’ibigo bipatana imirimo,
6
a) ibinyabiziga bifite ubugari burenga m 2 na cm iyo bigenda mu nzira nyabagendwa igihe cya
10 nijoro cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze
b) ibinyabiziga bya police y’igihugu bitagishoboka kubona neza muri m 200 bishobora
(c) ibinyabiziga ndakumirwa kugaragazwa inyuma n’amatara 2 atukura, bipfa
d) ibisubizo byose ni ukuri kuba bitarenza ibipimo bikurikira:
7
64. Ikinyabiziga cyangwa ibinyabiziga bikururana 65. Bumwe muri ubu bwoko bwa feri ituma
bifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari imodoka iguma aho iri uko yaba yikoreye kose ku
bwayo ni ukuvuga imitambiko yihindukiza kucyo muzamuko cyangwa ku gacuri bya 16%, imyanya
ifungiyeho, uburebure bwabyo ntibugomba ya feri igomba gufata igakomeza kwegera kuburyo
kurenza ibipimo bikurikira: bw’ibyuma niyo umuyobozi yaba atarimo:
a) m11 (a) feri yo guhagarara umwanya munini
b) m10 b) feri y’urugendo
(c) m7 c) feri yo gutabara
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
66. Utugarurarumuri turi mu mbavu z’ikinyabiziga 66. Utugarurarumuri turi mu mbavu z’ikinyabiziga
tugomba kugira ibara rikurikira: tugomba kugira ibara rikurikira:
a) umweru a) umweru
(b) umuhondo (b) umuhondo
c) umutuku c) umutuku
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
68. Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa 69. Iyo banyuze iruhande rw’inkomyi
ry’umuhondo agomba, nijoro igihe ijuru rikeye, abanyamaguru bagomba gukikira banyuze mu
kumurika mu muhanda mu ntera ya m 100 nibura muhanda, abayobozi bagomba gusiga umwanya
imbere y’ikinyabiziga, ariko ku binyabiziga bifite ufite ubugari bwa m 1 nibura hagati yabo nayo.
moteri itarengeje za sentimetero kibe 125 iyo ntera Iyo ibyo bidashobora kubahirizwa kandi
igira ibipimo bikurikira: umunyamaguru akaba anyura hafi yiyo nkomyi,
a) m200 umuyobozi agomba kuyikikira afite umuvuduko
b) m100 utarengeje ibipimo bikurikira:
c) m85
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) km 10 mu isaha
b) km 20 mu isaha
c) km 30 mu isaha
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
70. Guhagarara akanya gato no guhagarara akanya 71. Amatara ndangambere n’aya ndanganyuma
kanini bibujijwe cyane cyane aha hakurikira: y’imodoka zitarengeje m 6 z’uburebure na m 2
a) ku mihanda y’icyerekezo kimwe hose z’ubugari habariwemo imitwaro kdi nta
(b) mu ruhande ruteganye n’urwo ikindi kinyabiziga kindi kiziritseho ashobora
kinyabiziga gihagazemo akanya gato cyangwa gusimburwa n’amatara akurikira, iyo ibyo
kanini binyabiziga bihagaze umwanya muto cyangwa
c) ku mihanda ibisikanirwamo, iyo ubugari munini mu nsisiro bibangikanye ku ruhande
bw’umwanya w’ibinyabiziga ugomba gutuma rw’umuhanda:
bibisikana butagifite m12 a) amatara magufi
d) ibisubizo byose nibyo b) amatara ndangaburumbarare
(c) amatara yo guhagarara umwanya munini
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
72. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe 73. Imizigo yikorewe n’amagare, velomoteri,
nuko ibihe bimeze nk’igihe cy’igihu cyangwa amapikipiki, ibinyamitende by’ibiziga bitatu nibyo
cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, ibiziga bine bifite cyangwa bidafite moteri inyuma
imirongo y’ingabo z’igihugu zigendera kuri ntishobora kurenza ibipimo bikurikira:
gahunda n’utundi dutsiko twose tw’abanyamaguru a) cm 20
nk’imperekerane cyangwa udutsiko b) cm 30
8
tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe na (c) cm 50
mwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga d) cm 60
hakaba hari abantu barenze umwe, bagaragzwa ku
buryo bukurikira:
9
bwemewe burenga ibiro 3500 cyangwa bifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi ya
uburebure bwite burenga metero 10 agomba, milimetero imwe ku migongo yabyo yose
keretse iyo anyuze cyangwa agiye kunyura ku nubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe
bindi binyabiziga, gusiga hagati y’ikinyabiziga cye bugaragara kandi ntibugire aho byacitse bikomeye
n’iki muri imbere umwanya uhagije kugirango mu mpande zabyo ariko ibyo ntibikurikizwa ku
ibinyabiziga bimuhiseho bishobore kuhigobeka binyabiziga bikurikira:
bidateje impanuka igihe bibaye ngombwa ariko
ibyo ntibikurikizwa mu bihe bikurikira: (a) ibinyabiziga bidapakiye kandi bitajya birenza
umuvuduko wa km 25 mu isaha ahateganye
(a) mu gihe ibigendera mu muhanda ari byinshi b) ibinyabiziga bya police bijya ahatarenga km 25
kimwe no mu duce tw'inzira nyabagendwa aho uvuye aho biba
kunyuranaho bibujijwe c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) igihe ibigendera mu muhanda ari byinshi d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) mu duce tw’inzira nyabagendwa aho
kunyuranaho bibujijwe
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
81. Amatara ndangacyerekezo agomba kuba 82. Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa na
agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa, moteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwe
biringaniye ku buryo bigira umubare utari rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko
igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni
z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara ridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru:
akurikira:
a) amatara y’imbere aba yera cyangwa ari a) ibinyabiziga ndakumirwa
umuhondo b) ibinyabiziga bikora ku mihanda
b) ayinyuma aba atukura cyangwa asa n’icunga c) ibinyabiziga bifite ubugari burenze m 2.10
rihishije (d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) ayinyuma aba asa n’icunga rihishije
83. Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga 84. Icyapa kivuga ko hatanyurwa mu byerekezo
byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki byombi kirangwa n’ubuso bw’ibara rikurikira:
adafite akanyabiziga ku ruhande gifite ibimenyetso a) umukara
by’amabara akurikira: (b) umweru
a) umweru n’umukara c) ubururu
(b) umutuku n’umukara d) umutuku
c) ubururu
d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
85. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira 86. Imirongo y’ingabo z’igihugu zigendera kuri
ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera ya m gahunda n’utundi dutsiko twose tw’abanyamaguru
20: nk’imperekerane cyangwa udutsiko
a) amapikipiki tw’abanyeshuri iyo bitagishoboka kubona neza
(b) velomoteri muri m200, bagaragazwa ni itara ryera imbere
c) ibinyabiziga bigendeshwa na moteri bidapakiye naho inyuma ni itara ry’umutuku ariko iyo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo uburebure bwiyo mirongo cyangwa bw’utwo
dutsiko burenga m6 impande zatwo cyangwa zayo
zigaragazwa ku buryo bukurikira:
10
a) itara rimwe cyangwa menshi yera
b) amatara menshi y’umuhondo
c) amatara menshi asa n’icunga rihishije
(d) ibisubizo byose nibyo
11
b) umweru (c) umweru n’umutuku
c) umutuku d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
95. Buri modoka yagenewe gutwara abantu, ariko 96. Usibye ibinyabiziga by'ingabo z'Igihugu,
umubare wabo ntarengwa ukaba munsi ya 6 Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri kiriho ibyuma
umuyobozi abariwemo igomba kugira imikandara ntamenwa cyangwa ikindi cyose gituma
yo kurinda ibyago igenewe aba bakurikira: gikoreshwa mu gutera cyangwa mu kwitabara
a) umuyobozi ntigishobora kugenda mu nzira nyabagendwa
b) umugenzi wicaye ku ntebe y’imbere kidafite uruhushya rwihariye. Urwo ruhushya
c) ishobora no kugira imikandara kuzindi ntebe rutangwa naba bakurikira:
z’inyuma
(d) ibisubizo byose ni ukuri a) police y’igihugu
(b) minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu
c) minisitiri w’ingabo
d) ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro.
97. Iyo umukumbi ugizwe n’amatungo maremare 98. Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa
arenze ane cyangwa amatungo magufi arenze ntibishobora gutonda uburebure burenga
atandatu mu nzira nyabagendwa iyo hatakibona umurongo wa m 500. Iyi bibaye bityo ibinyabiziga
neza kuburyo umuyobozi abona muri m 200 biherekeranye mu butumwa bishobora
ugomba kugaragazwa kuburyo bukurikira: kugabanwamo amatsinda atonze umurongo
atarengeje m 50 z’uburebure kdi hagati yayo
a) itara ry’urumuri rwera cyangwa rusa n’icunga hakaba byibura m 50 ariko ibyo ntibikurikizwa
rihishije imbere y’umukumbi kubinyabiziga bikurikira:
b) itara ry’urumuri rutukura cyangwaumuhondo
ritwawe inyuma y’umukumbi a) ibinyabiziga bya police biherekeranyije
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri (b) ibinyabiziga by’abasirikare biherekeranyije mu
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo nsisiro
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
99. Iyo ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa 100. Ibinyabiziga bikurikira ntibitegetswe kugira
nacyo gikuruye ikindi uburebure bw’ibikururwa ibimenyetso bibyerekana iyo byambukiranya
bukaba burenga m 18 hatabariwemo icyo umuhanda cyangwa bigenda ku ruhande rwawo:
kinyabiziga cya mbere kiziritseho hagomba ibi a) ibinyabiziga bigendwamo n’abana
bikurikira: b) ibinyabiziga bigendwamo n’abamugaye
(a) umuherekeza w’ikinyabiziga cya kabiri (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) abaherekeza babiri d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
101. Icyapa cy’inyongera kigaragaza ikibanza 102. Icyapa cyerekana ahantu amategeko y’
cy’ingando cyangwa cy’abantu benshi bagendera Umuhanda urombeje w’ibice byinshi atangirira
ku nyamaswa kirangwa n’amabara akurikira: gukurikizwa, kirangwa n’ibirango (ibimenyetso)
by’amabara akurikira:
(a) ubururu, umweru n’umukara
b) umukara umweru n’umuhondo a) umweru n’umukara
c) icyatsi kibisi, umuhondo n’ikirango cy’umukara b) umweru n’umutuku
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) umweru n’umuhondo
12
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
103. Igihe ikorwa ry’imirimo ribangamiye cyane 104. Iyo mu muhanda, imirimo yihariye ubugari
cyangwa buke uburyo bwo kugenda mu nzira butuma abayobozi bagomba kuva mu mwanya
nyabagendwa, ahakorerwa imirimo hagaragazwa wabo usanzwe kugirango bakomeze urugendo,
ku buryo bukurikira: ahategetswe kunyurwa hagaragazwa
a) icyapa cyera cya mpande enye, zingana zifite n’ikimenyetso gishyirwa aho imirimo irangirira
uruhande rwa metero 0.30 mu ruhande rugenderwamo. Icyo kimenyetso
b) uruzitiro ruri ku mpera y’iburyo kirangwa n’amabara akurikira:
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (a) ubuso bw’ubururu ikirango cy’umweru
b) umuzenguruko w’umutuku, ubuso umweru
n’ikirango cy’umukara
c) umuzenguruko w’umutuku, ubuso mu ibara
ryera, ikirango mu ibara ry’umutuku n’umukara
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
105. Icyapa cyerekana ko hari amabwiriza yihariye 106. Nijoro igihe ijuru rikeye, itara ribonesha
mu buryo bwo kugendera mu cyambu cyangwa ku icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga rigomba
kibuga cy’indege giteye ku buryo bukurikira: gutuma izo numero zisomerwa nibura mu ntera
ikurikira:
a) ishusho mpandeshatu, ubuso mu ibara ryera, a) m150
ikirango mu ibara ry’umukara b) m50
(b) ishusho mpandenye, ubuso mu ibara (c) m20
ry’ubururu n’ikirango kiri mu ibara ryera d) m10
c) ishusho y’uruziga mu ibara ry’ubururu ni
ikirango kiri mu ibara ryera
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
107. Ibyapa byerekana icyago cyidahoraho kandi 108. Birabujijwe kubangamira imigendere isanzwe
bigenewe kwerekana aho bagana cyangwa aho y’ibindi binyabiziga kubera ibi bikurikira:
berekeza umuhanda nk’igihe cy’impanuka a) kugabanya umuvuduko kuburyo budasanzwe
cyangwa hari imirimo ikorwa mu muhanda b) gukacira feri bidatewe no kwirinda ibyago
birangwa n’amabara akurikira: (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) umweru n’umukara
b) umweru n’umuhondo
c) ubuso bw’umweru gusa
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
109. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa 110. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba
bitewe n’uko ibihe bimeze bitagishoboka kubona kuzimwa mu bihe bikurikira:
neza muri m 200, mu nzira nyabagendwa,
romoruki iziritse kuri velomoteri cyangwa a) iyo umuhanda umurikiwe hose kandi
ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande, uretse umuyobozi ashobora kubona nibura mu ntera
velomoteri idafite umuyobozi, kandi uburumbarare ingana na metero 200
bwayo, cyangwa bw’ibyo yikoreye bukaba butuma b) iyo ikinyabiziga gikurikiye mu ntambwe
itara ry’ikinyabiziga biyikurura ritagaragara, iyo zitagera muri m100 keretse iyo umuyobozi wacyo
romoruki igaragazwa ku buryo bukurikira: ashaka kunyura kucyo akurikiye acana azimya
vuba vuba amatara maremare
13
a) itara ryera riri kuri romoruki inyuma (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) itara ry’umuhondo riri kuri romoruki inyuma d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) itara risa n’icunga riri kuri romoruki inyuma
(d) ibi bisubizo byose nibyo
111. Iyo akanyabiziga gasunikwa cyangwa ibyo 112. Uretse igihe hari amategeko yihariye
gatwaye bidatuma umuyobozi abona neza imbere akurikizwa muri ako karere cyangwa
ye, uwo muyobozi agomba gukora ibi bikurikira: imitunganyirize bwite y’aho, ikinyabiziga cyose
a) gushaka umuherekeza cyangwa inyamaswa ihagaze umwanya muto
(b) gukurura ikinyabiziga cye cyangwa munini igomba kuba iri aha hakurikira:
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) mu kaboko k’iburyo hakurikijwe aho yaganaga
uretse igihe ari mu muhanda w’icyerekezo kimwe
b) ahegereye bishobotse akayira k’abanyamaguru
iyo umuhanda ugafite ariko umwanya w’ibiziga
n’akayira ntube urenga santimetero 50
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
113. Iyo ikinyabiziga gihagaritswe n’ijoro ku 114. Abanyamaguru batatanye cyangwa bagize
buryo abayobozi bakigana badashobora kumenya udutsiko tudafatanyije gahunda kdi batanayobowe
ko kibabereye imbogamizi, kigomba kurangirwa n’umwarimu bategetswe kunyura mu tuyira turi ku
kure n’ikimenyetso cyabigenewe kiri ahantu mpande z’umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru
hagaragara kugirango kiburire hakiri kare abandi uretse ubutaka butsindagiye butandukanya
bayobozi baza bagisanga, ariko ntibireba imihanda ibiri bwo kunyurwamo gusa n’aba
ibinyabiziga bikurikira: bakurikira:
14
ry’ibara rikurikira: a) inziga zishobora gushyirwaho udushyundu
(b) inziga zishobora gushyirwaho iminyururu
(a) irangi ry’umuhondo ngarurarumuri irwanya ubunyerere
b) irangi ry’umweru ngarurarumuri c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) irangi risa n’icunga rihishije ngarurarumuri d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
119. Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa, 120. Mu mujyi no ku mihanda y’igihugu igenwa
amakara, ubwatsi bw’amatungo bidahambiriye, na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu,
ubugari bwayo bushobora kugera kuri m2 na cm75 ubwikorere ntarengwa ku ikamyo iyo ariyo yose
ariko iyo iyo mizigo ijyanwa mu karere katarenga ntibushobora kurenga ibipimo bikurikira:
km25 uvuye aho yapakiriwe, usibye mu nsisiro, a) toni 10
ubugari bwayo bushobora kugera ku bipimo b) toni 16
bikurikira: c) toni 24
a) m4 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) m3 na cm50
(c)m3
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
121. Iyo bitewe n’imiterere y’ahantu intera 122. Nijoro, amatara yo kubisikana y’ibara ryera
itandukanya icyapa n’ahantu habi iri munsi ya cyangwa y’umuhondo agomba, igihe ijoro rikeye
m150 ku buryo bugaragara, iyo ntera kumurika mu muhanda nibura mu ntera ikurikira:
yerekanishwa icyapa cy’inyongera giteye ku buryo a) m100
bukurikira: b) m50
a) kare ifite ubuso bw’ibara ryera (c) m40
(b) urukiramende rufite ubuso bw’ibara ryera d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) mpandeshatu ifite umuzenguruko utukura
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
123. Ikintu cyose cyatuma hahindurwa ibyanditse 124. Kugirango berekane ahantu habi cyane,
bireba nyirikarita cyangwa ibiranga ikinyabiziga hakoreshwa ikimenyetso cy’itara ry’umuhondo
kigomba kumenyeshwa ibiro by’umusoro haba mu rimyasa, rivuga uburenganzira bwo gutambuka
magambo cyangwa mu ibaruwa ishinganye ibyo icyo kimenyetso barushijeho kwitonda. Ese icyo
bikorwa mu gihe kingana gute: kimenyetso gihindura iki ku mategeko agenga
a) mu mezi 2 gutambuka mbere:
b) mu kwezi kumwe
c) mu minsi cumi n’itanu (a) ntacyo gihindura
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) abo rireba nibo batambuka mbere
c) abatwaye ibinyabiziga binini nibo batambuka
mbere
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
125. Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa 126. Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa
sentimetero 80 zishobora gushyirwaho ry’umuhondo agomba nijoro igihe ijuru rikeye
akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe kumurika mu ntera ikurikira ku binyabiziga bifite
n’ibinyabiziga bikurikira: moteri itarengeje ingufu zigera kuri sentimetero
a) velomoteri kibe 125
b) ipikipiki ifite akanyabiziga kuruhande a) m100
c) igare (b) m75
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) m25
15
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
127. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa 128. Igice cy’umuhanda kiri hakurya y’umurongo
bitewe n’uko ibintu bimeze bitagishoboka kubona mugari wera udacagaguye ugaragaza inkombe
muri m 200, ibinyabiziga cyangwa imitwaro bifite mpimbano y’umuhanda kiba kigenewe ibi
ubugari burenga m 2.50 iyo bigenda mu nzira bikurikira:
nyabagendwa bigaragazwa ku buryo bukurikira: a) guhagararwamo umwanya muto gusa
b)guhagararwamo umwanya muto n’umunini
a) inyuma ni amatara abiri atukura ndetse no kumihanda irombereje y’ibisate byinshi
b) iyo bibaye ngombwa no ku mpera y’amabondo n’imihanda y’imodoka
y’ikinyabiziga cyangwa y’imitwaro ni itara c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
ndangaburumbarare risa n’icunga rihishije (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
cyangwa ry’umuhondo
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
130. Iminyururu n’ibindi byuma bifashisha 131. Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga
bishobora kuvanwaho cyangwa binagana, bikururana igice kirenga ku biziga ntigishobora
hatabariwemo ibimenyetso byerekana ibyerekezo kurenga ibipimo bikurikira:
bigomba gutungurwa ku kinyabiziga ku buryo a) iby’inyuma : m3
igihe byizunguza bitarenga impande zihera (b) iby’imbere: m2.70
uburumbarare bw’ikinyabiziga kandi ibyo byuma c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
bifashisha ntibigomba gukururuka ku butaka ariko d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ibyo ntibibujijwe ku binyabiziga bikurikira:
16
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) ibyo byapa bishyirwaho hakurikijwe intera
ibitandukanya
d) B na C ni ibisubizo by’ukuri
136. Icyapa cy’inyongera kerekana aho 137. Icyapa cyerekana uburebure bw’igice cyatera
bagobokera ibinyabiziga kirangwa n’amabara ibyago cyangwa bw’ahantu amabwiriza y’icyo
akurikira: cyapa agomba gukurikizwa kirangwa n’ubuso
a) ubururu, umweru, umutuku n’ibimenyetso bikurikira:
(b) umweru, umukara, ubururu
c) umutuku, umweru n’umukara a) ubuso umweru, ikimenyetso ubururu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) ubuso ubururu, ikimenyetso umweru
c) ubuso ubururu, ikimenyetso umweru n’umukara
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
138. Umurongo w’umuhondo ucagaguye uciye ku 139. Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga
nkombe nyayo y’umuhanda, umusezero w’inzira bikururana igice kirenga ku biziga ntigishobora
y’abanyamaguru cyangwa w’inkengero kurenga ibipimo bikurikira:
y’umuhanda yegutse uvuga ibi bikurikira: a) iby’inyuma m 3.40
b) iby’imbere m 2.50
a) guhagarara umwanya muto birabujijwe ku c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
burebure bw’uwo murongo (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) guhagarara umwanya muto n’umunini
birabujijwe ku burebure bw’uwo murongo
c) aho bahagarara umwanya munini cyangwa muto
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
171. Mu migi no ku yindi mihanda y’igihugu 172. Iyo hagati y’uruhande rw’imbere rwa
igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu romoruki n’uruhande rw’inyuma rw’ikinyabiziga
n’ibintu uburebure ntarengwa kuri buri mitambiko kiyikurura hari umwanya urenze m 3
3 ifungwaho ibiziga bine ni: ikibizirikanyije kigomba kugaragazwa ku buryo
(a) toni 24 bukurikira iyo amatara y’ikinyabiziga agomba
b) toni 10 gucanwa:
c)toni 16
d) toni 53 a) agatambaro gatukura gafite nibura cm 50
z’uruhande
(b) itara risa n’icunga rihishije rigaragara mu
mbavu igihe ikibizirikanyije kimuritswe
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
173. Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura 174. Birabujijwe kongera ku mpande
rigomba kuba ridahumisha, kandi rigomba z’ikinyabiziga kigendeshwa na moteri cyangwa
kugaragarira mu ntera ikurikira: velomoteri ibi bikurikira:
a) imitako
a) nijoro igihe ijuru rikeye nibura muri m 200 b) ibintu bifite imigongo cyangwa ibirenga ku
b) ku manywa igihe cy’umucyo nibura muri m50 mubyimba kandi bishobora gutera ibyago abandi
c) nijoro nibura muri m 100 igihe ijuru rikeye bagenzi
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
175. Ikintu cyose cyatuma hahindurwa 176. Kunyuranaho bikorerwa:
17
ibyanditswe bireba nyirikarita cyangwa ibiranga a) mu ruhande rw’iburyo gusa
ikinyabiziga kigomba kumenyeshwa ibiro b) igihe cyose ni ibumoso
by’imisoro haba mu magambo cyangwa mu c) iburyo iyo unyura ku nyamaswa
ibaruwa ishinganye. Ibyo bikorwa mu gihe (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
kingana gute:
a) mu minsi 5
(b) mu minsi 8
c) mu minsi 15
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
177. Iyo ubugari bw’inzira nyabagendwa 178. Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe
igenderwamo n’ibinyabiziga budahagije kugirango ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi
bibisikane nta nkomyi abagenzi bategetswe: ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru
ariko amaze kureba ibi bikurikira:
a) kunyura mu nzira z’impande z’abanyamaguru
b) guhagarara aho bageze a) umuvuduko w’abanyamaguru
(c) koroherana b) ubugari bw’umuhanda
d) gukuraho inkomyi c) umubare w’abanyamaguru
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
179. Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa 180. Iyo nta mategeko awugabanya
ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa ku by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa
binyabiziga bifite uburebure ntarengwa bukurikira: w’amapikipiki mu isaha ni:
a) km 25
a) burenga toni 1 b) km 70
b) burenga toni 2 c) km 40
c) burenga toni 24 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
181. Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa wa 182. Birabujijwe guhagarara akanya kanini aha
velomoteri mu isaha ni: hakurikira:
(a) km 50 a) mu duhanda tw’abanyamagare
b) km 40 b) mu duhanda twagenewe velomoteri
c) km 30 (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
183. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba 184. Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare
kutamurika mu bihe bikurikira: cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:
a) iyo umuhanda umurikiwe umuyobozi abasha a) cm 25
kureba muri m 200 b) cm 125
(b) iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana nikindi c) cm 45
c) iyo ari mu nsisiro (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) ibisubizo byose nibyo
185. Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga 186. Nta mwanya n’umwe feri ifungiraho
kigende gahoro igihe feri idakora neza bwitwa: ushobora kurekurana n’ibiziga keretse:
a) feri y’urugendo a) iyo bireba feri y’urugendo
b) feri yo guhagarara b) iyo kurekurana ari ibyakanya gato
(c) feri yo gutabara c) iyo bireba feri yo guhagarara umwanya munini,
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo ubwo kurekurana bikaba bidashoboka bidakozwe
n'umuyobozi
18
(d) byose ni ibisubizo by’ukuri
187. Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara 188. Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa aha
arenze abiri y’ubwoko bumwe keretse hakurikira:
kubyerekeye amatara akurikira: a) ku nguni y’iburyo y’ikinyabiziga
a) itara ndangamubyimba b) ku gice cy’inyuma ku kinyabiziga
b) itara ryerekana icyerekezo (c) ahegereye inguni y’ibumoso y’ikinyabiziga
c) itara ndangaburumbarare d) ibisubizo byose ni ukuri
(d) ibisubizo byose ni ukuri
189. Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira 190. Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na
uduhanagurabirahuri dukurikira: moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya romoruki
a) 2 zabyo bigomba kuba byambaye inziga zihagwa
b) 3 zifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi ya
(c)1 milimetero imwe ku migongo yabyo yose,
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo n’ubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe
bugaragara kdi ntibigire aho byacitse bikomeye
mu mpande zabyo. Ariko ibyo ntibikurikizwa ku
binyabiziga bikurikira:
19
z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure
ngarurarumuri ibyo bikoresho bigomba bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara
gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona ku akurikira:
buryo bukurikira: a) umukara
b) umweru
a) babona gusa ibumoso bwabo ibyibara ryera c) umutuku
b) iburyo babona iby’ibara ritukura cyangwa risa (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
n’icunga rihishije gusa
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
197. Ku mihanda yagenwe na minisitiri ubifite mu 198. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa
nshingano ibyapa biburira n’ibyapa byerekana by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka
bigomba kugaragazwa kuva bwije kugera bukeye bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu
n’urumuri rwihariye cyangwa amatara ku mihanda yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa
cyangwa ibintu ngarurarumuri. Igihe ijuru rikeye kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba
intera y’ahagaragara igomba kuba nibura: gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu
isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo
a) m50 bukurikira:
b) m120 a) agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda
c) m150 b) ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c) icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite
cm 30 kuri buri ruhande
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
199. Uretse mu mijyi, kuyindi mihanda yagenywe 200. Uretse mu mujyi kuyindi mihanda yajyenwe
na minisiteri ushinzwe gutwara ibintu n’abantu, na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu,
uburemere ntarengwa bwemewe ku binyabiziga uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite
bifatanye bifite imitambiko itatu ni: imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo
(a) toni 12 mukuzungu ni :
b) toni 16 a) toni 10
c) toni 10 b) toni 12
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) toni 15
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
201. Iyo nta mategeko awugabanya 202. Iyo nta mategeko awugabanya
by’umwihariko umuvuduko ntarengwa ku modoka by’umwihariko umuvuduko ntarengwa ku modoka
zidafite ibizibuza kwiceka kuberako ariko zidafite ibizibuza kwiceka kuberako ariko
zakozwe ni: zakozwe ni:
a) km 70 mu isaha a) km 20 mu isaha
b) km 40 mu isaha b) km 40 mu isaha
(c) km 25 mu isaha c) km 35 mu isaha
d) km20 mu isaha (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
203. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya 204. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa
kanini aha hakurikira : bitewe n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu
(a) imbere y’ahantu nyabagendwa hinjirwa cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza
n’ahasohokerwa n’abantu benshi muri m 200, udutsiko twose tw’abanyamaguru
b) mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate nk’imperekerane cyangwa udutsiko
bigaragazwa n’imirongo icagaguye tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe
20
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo hakaba hari abantu barenze umwe bagomba
kugaragazwa kuburyo bukurikira:
21
gukoresha amatara ndangacyerekezo. uburyo bwo kunyuranaho.
b) Itegereze neza niba icyapa kikwemerera b) Mumuhanda w’icyerekezo kimwe
guhindura icyerekezo. c) Aho utagomba kurenza ibirometero 30 mu
(c) A na B n’ibisubizo by’ukuri isaha.
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d)Ugeze mumuhanda utaringaniye neza
214.Niki wakora mugihe usanze mu bimenyetso 215.Mugihe ukurikiranye na romoruki,n’ukubera
bimurika harimo ibara ry’umuhondo. iki ugomba gusiga umwanya uhagije hagati
yawe nayo?
a) Bituma ubasha gukata ikorosi vuba.
b) Bifasha umuyobozi wa romoruki
kukurebera mundorerwamo.
c) Bifasha romoruki guhagarara byoroshye.
d)Bikurinda umuyaga.
a) Kongera umuvuduko
b) Kugumana umuvuduko wari uriho.
(c) Kwitegura guhagarara.
d)Gufata feri cyane.
216. Utegereje gukata iburyo kwiherezo 217. Mugihe uri murugendo rurerure
ry’umuhanda.ukingirijwe nimodoka mumuhanda urombereje w’ibice byinshi.niki
ihagaze.niki wakora? wakora mugihe wumva utangiye kugira
ibitotsi?
(a) Guhagarara hanyuma ukagenda gake a) Gucuranga umuziki cyane.
gake witonze kugezaho ureba neza. b) Kwihuta cyane kugirango usoze urugendo
b) Kwihuta wegera imbere aho ushobora vuba.
kureba ugafunga ikindi cyerekezo. (c) Kuva mumuhanda urombereje w’ibice
c) Gutegereza abanyamaguru bakakumenyesha byinshi, ugahagarara ahantu hatekanye.
ko ntakibazo wakata. d)Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
D)Guhindukiza imodoka vuba kugirango ushake
indi nzira wakoresha.
218.Kuki ugomba gucana amatara mugihe 219.Urimo kugenda munzira nyabagendwa ni
hatangiye kwijima? gute wanyura k’umuyobozi w’igare?
a) Kuvuza ihoni mugihe umunyuraho
a) Kugirango akerekanamuvuduko b) Kumunyuraho umwegereye
kagaragare neza. (c) Gusiga umwanya uhagije igihe
(b) Kugirango abandi biborohere kukubona. umunyuraho
c) Kugira ngo ujyane nabandi bayobozi Kugabanya umuvuduko mbere y’uko umunyuraho
bibinyabiziga.
Kuko amatara yo ku muhanda ari kwaka
220. Niki wakora igihe utabona neza usubira 220.Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara
inyuma ? abarwayi gicanye amatara y’intabaza
a. Kumanura ikirahure cy’imodoka urebe inyuma arabagirana. Wakora iki ?
b.Gufungura umuryango w’imodoka ureba (a) Kugihigamira ako kanya ndetse byaba
inyuma ngombwa ugahagarara
c. Gushaka umuntu uri hanze y’ikinyabiziga b.Kongera umuvuduko kugirango ugisige
ukuyobora c. Kugumana umuvuduko wari ufite
d. Gukoresha akarebanyuma kakwegereye d.Guhagarara bitunguranye mu muhanda
22
220.Wifuza kugana ibumoso imbere yawe. 223. Utwaye ikinyabiziga inyuma ya
kubera iki ushaka umwanya mwiza kandi romoruki.umuyobozi wayo akaguha
uhagije? ikimenyetso cyo kumutambukaho iburyo
a) Kwemerera abandi bayobozi b’ibinyabiziga kandi ugana ibumoso, wakora iki ?
kugutambukaho (a) Kugabanya umuvuduko ukareka akagenda
b) Kugirango ubone neza ikindi kerekezo b) Gukomeza iburyo bwawe
ushaka gufata c) Kumunyuraho iburyo bwe
c) Kugirango ufashe abandi bose bakoresha d)Kugumana umuvuduko wari ufite
umuhanda icyo ushaka gukora ukamuvugiriza ihoni
d) Kwemerera abandi bayobozi b’ibinyabiziga
kukunyura muruhande rw’ibumoso
225Wegereye inzira y’abanyamaguru 224. Uri hafi kunyura k’umuyobozi
ugasanga bategereje kwambuka. Ugomba w’ikinyamitende. Muri ibi byapa bikurikira
gukora iki? nikihe wakwitondera?
a) Kureka abakuze n’abafite ubumuga
bagatambuka mbere
(b) Kugabanya umuvuduko witegura
guhagarara
c) Gukoresha amatara abamenyesha
kwambuka a) b)
d)Gukoresha ibimenyetso byamaboko bibemerera
kwambuka
(c) d)
227.Kumanywa urumuri rudahagije hatabona neza 227. Niyihe mpamvu ituma tugomba
.Ni ayahe matara y’urugendo ugomba gukoresha. kugabanya umuvuduko mugihe hari
a) Amatara yo kubisika na matara kamena- ibihu ?
bihu. a) Igihe feri idakora
(b) Amatara kamena-bihu y’imbere b) Igihe uhumishijwe n’amatara yo
c) Amatara yo kubisikana kubisikana
d)Amatara kamena-bihu y’inyuma c) Igihe moteri imara ngo izime
(d) Nuko biba bitoroshye kubona ikiri imbere
228. Niki ugomba gukora igihe uhagaze ku 229.Iki cyapa cyivuga iki?
muhanda igihe cy’ibihu?
(a) Kureka amatara ndanga akaguma yaka
a) Kureka amatara yo k,ubisikana na
kamena-bihu akaguma yaka
b) Kureka amatara yo kubisikana
akaguma yaka
23
d)Kureka amatara y’urugendo akaguma yaka
a) Ntihanyurwa
(b) Birabujijwe guhagarara umwanya munini a) Kunyuranaho gusa, ntugaruke iburyo
c) Umuvuduko utarengeje bwawe
d)Inzira yabanyeshuli (b) Kunyuranaho cyangwa ugakatira ibumoso
c.Hemerewe kugenda imodoka zihuta gusa
d.Gukatira iburyo gusa utanyuranyeho
232. Ni hehe byemewe kunyuranaho munzira 233. N’uwuhe muntu ushobora gusimbura
y’icyerekezo kimwe? ibimenyetso byo mumuhanda, dutegetswe kubaha?
a) b)
24
c.Umuvuduko ntarengwa wemewe
d.Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
236. Nikihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga 237.iki cyapa gisobanura iki ?
gifite moteri cyemerewe kuhanyura?
a) (b)
238. Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ? 239.Iki cyapa gisobanura iki?
a) Umuhanda uzenguruka
a) Umuvuduko ntarengwa wemewe b) Igice cy’umuhanda uzenguruka
b) Iherezo ry’ibyo wabuzwaga (c) Aho banyura bazengurutse
(c)Guhagarara umwanya munini n’umwanya d) Ibisubizo byose nibyo
moto ntibyemewe
d.Birabujijwe kuhinjira
25
Byinshi b) Iteme rinini Kandi rirerire
c) A Na B Ni Ibisubizo By’ukuri (c) Ifungana Ry’umuhanda
d)Nta nzira ihari d)Iherezo ry’iteme rifunganye
244.Iki cyapa gisobanura iki? 245.Iki cyapa gisobanura iki?
a) b)
26
(a) Ahegereye amasangano y’inzira nyabagendwa a) Umuhanda wubatswe nabi
n’inzira ya gari ya moshi ibambiye (b) Agacuri kateza ibyago
b) Inzira ibambiye imbere c) Umuhanda utaringaniye
c) Inzira itabambiye itanafunze d) Akazamuko gahanamye
d)Imbere hari ikiraro cy’amatungo
252. Iki cyapa gisobanura iki? 253. Mu bimenyetso bimurika itara ritukura rivuga
iki ?
256. Umurongo ucagaguye wera mu muhanda 257. Iki cyapa gisobanura iki?
usobanura iki?
27
b. Wegereye ahaguteza ibyago kunyura
d)Kunyuranaho ntibyemewe d)Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
258. Iki cyapa gisobanura iki? 259. Iki cyapa gisobanura iki?
28
bakoresha umuhanda niki kindi ushobora gukora?
b) Mu gihe ikinyabiziga cyawe gishobora
guteza ibyago
(c) A na b ni ibisubizo by’ukuri
d) Ntagisubizo cy’ukuri (a)Kumenya neza niba imbangukiragutabara
yahamagawe
b)Guhagarika ibinyabiziga bindi no kubasaba
ubufasha
c)A na b ni ibisubizo by’ukuri
d)Nta gisubizo cy’ukuri
266. Umuyobozi w’ikinyabizaga cy’ikoreye ibintu 267.Wakoze impanuka yo mu muhanda , ni ikihe
bishobora gufata inkongi, n’ikihe cyapa cyerekana cyangombwa polisi ishobora kugusaba
ko ibyo atwaye biturika by’afata inkongi ? kucyerekana ?
c)
d)
268. Uhuye n’ingorane utwaye ikinyabiziga , mu 269. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba
muhanda ufite ibyerekezo bibiri, ufite ikimenyetso gufatwa nka:
kiburira cya mpandeshatu . wagishyira mu ntera
ingana iki uvuye aho ikinyabiziga cyahagaze
a) Metero 5
(b) Metero 25
c) Metero 45
d) Metero 100 a) Umunyamaguru
(b)Umuyobozi w’ikinyabiziga
c)Umugenzi
d)A na b ni ibisubizo by’ukuri
29
270. Icyapa gikoze mw’ishusho ya mpandeshatu 271. Iki cyapa gisobanura :
kimenyesha:
272. Iki cyapa gisobanura: 273. Urenze munsisiro ,ukahasanga ibyapa bibiri
iburyo bwawe bimenyesha ko irangira ry’imirimo
bitewe nicyo ibyo byapa bemenyesha wagendera
kuwuhe muvuduko ?
a) Hoteli
(b) Ibitaro
c) Ahagenewe kugwa kajugujugu a) ahagenewe guhagarara umwanya munini
d) B na c ni ibisubizo by’ukuri n’umuto
30
b) ahagenewe abanayamaguru
(c) ahagenewe inzira y’ibinyamitende
d)a na b ni ibisubizo by’ukuri
276. iki cyapa kibuza abayobozi bibinyabiziga 277. Iki cyapa kibuza kunyuranaho ibumoso ku
kunyuranaho : binyabiziga bikurikira :
31
c) Icyapa B6
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
282. Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye 283.Ni ikihe cyapa cy’inyemerera gutambuka
n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara mbere mu masangano y’umuhanda?
ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka 18
ariko nta ngofero yindi yabigenewe ufite.
wamutwara?
(a) Icyapa B3
a) yego b) Icyapa A22 a
b) yego usibye urugendo rurerure c) Icyapa A 20
c) yego usibye urugendo rugufi d) Ibisubizo byose ni ukuri
(d) Oya
284. Mbere yo kunyura kumuyobozi 285. Nshobora kunyuraho umuyobozi
w’ikinyabiziga cy’imitende ibiri, ngomba gucana w’ikinyabiziga wahagaze imbere y’inzira
akaranga cyerekezo k’ibumoso? yabanyamaguru?
32
b) nshobora kunyura gusa kubinyabiziga
by’imitende ibiri
(c) kunyuranaho ibumoso birabujijwe
d) a na b ni ibisubizo by’ukuri
a) 911
b) 100
(c) 112
d)131
288.Ugeze bwa mbere ahabereye impanuka yo mu 289.Mugihe ikinyabiziga cyacu bakinyuzeho
muhanda harimo inkomere wakora iki ? (a) Tugomba kugabanya umuvuduko
b. Tugomba kongera umuvuduko
c. Tugomba kongera umuvuduko n’ubwitonzi
d. Nta gisubizo cy’ ukuri kirimo
33
niba imbere ntacyago gihari c. Gabanya nurangiza ukomeze witonze
d)Nta gisubizo cy’ukuri kirimo d)Ibisubizo byose ni ukuri
294.Amatara y’urugendo, mu gihe cy’ibihu: 295.Gutwara uzungazunga mu muhanda:
298.Mu gihe utwaye ikinyabiziga ni joro ucanye 299. Igihe umuyobozi w’inyamaswa, afite
amatara maremare ugahura n’ikindi kinyabiziga inyamaswa idatuje, asaba ko ibinyabiziga
giturutse mu kindi cyerecyezo: bihagarara:
34
(a) Itonde , witegereze ni biba ngongwa ubaburire
unitegura kuba wahagarara.
b) Ihute urenge aho abo bana bari
c ) Komeza ugume ku muvuduko munini
d) Komeza ugendere kuruhande rw’iburyo
35
c. Kuguma ku muvuduko yari afite mu gihe c. Ibyapa by’aho ageze ntibimwemerera
umunyamaguru atarambuka kunyuranaho
d. Kuvuza ihoni akaguma ku muvuduko d)Imbere har’inzira y’abanyamaguru
yahozeho
310.Muri ibi binyabiziga n’ikihe gihagaze nabi? 311. Ni gute umuyobozi w’ikinyabiziga yanyura
kumunyegare hano?
36
a)Ongera umuvuduko kugirango usoze ikoni
a)humisha ikinyabiziga giturutse mu kindi b)Komeza kuko itara ry’icyatsi rigiye kwaka.
cyerekezo ucana amatara maremare. (c )Hagarara niba utateza ibyago
(b)Egera kunkombe y’iburyo bw’umuhanda d)Komeza ubwitonzi witegura guhagarara mugihe
nibinashobioka ugabanye umuvuduko. itara rihindutse umutuku
c)Canira amatara ikinyabiziga kiva mukindi
cyerekezo
d)Ongera umuvuduko kugira ngo usohoke
mururwo rumuri vuba bishoboka
314. Niki umuyobozi w’ ikinyabiziga akwiriye 315. Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora
kumenya mugihe akurikiye umuyobozi mugihe ashaka kujya iburyo?
wikinyamitende ibiri kandi imodoka y’ umweru iri
gusubira inyuma ijya mumuhanda?
37
(a) Kwemerera abanyamaguru kwambuka
umuhanda
b)Kuvuza ihoni agakomeza
c)Tengereza munzira y’ abanyamaguru kugeza
imidoka izimye
d)Kongera umuvuduko mbere yuko abanyamaguru
bambuka
38
322. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora 323. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakara iki mu
mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara gihe anyuzweho nikindi kinyabiziga?
ry’umuhondo rimyatsa? (a) Gukomezanya umuvuduko warufite
b. Kujya i buryo
a. Mu gihe ikinyabiziga giturutse mu kindi c. Kujya I bumoso
cyerekezo kitagishoboye kugenda d)Kwongera umuvuduko
b. Mu gihe ikinyabiziga ndakumirwa giturutse
mu kindi cyerekezo
c. Mu gihe ikinyabiziga giturutse mu cyindi
cyerekezo cy’ihuta
(d) Kugabanya umuvuduko witegura guhagarara
324. Umurongo w’umweru urombereje uciye 325. Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu
hagati mu muhanda uvuze iki? isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni ibimenyetso
by’amatara yaka agasanga ataka (adakora), yakora
iki?
a) Guca mu isangano n’ubwitonzi nkaho
ntakimenyetso kikuyobora kirimo, witondera
abandi bayobozi b’ibinyabiziga
b) Gutwara neza ntagutinda mw’isangano
c) Guhagarara mw’isangano no guha inzira
abayobozi b’ibinyabiziga baturuka iburyo
bwawe
a. Umuyobozi wese abujijwe
d)Gucana amatara yose ndanga cyerekezo
kuwurenga
ugakomeza
b. Abanyamitende wemerewe
kunyuranaho
c. Kuhahagara biremewe
d)Guhindukira ku manywa
326. Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora 327.Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe
ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira ageze ku kazamuko gashinze cyane ?
nyabagendwa?
a) Kuvuza ihoni kugirango ayo matungo a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba
atambuke kugabanya umuvuduko akaguma
b) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kuruhande rw’iburyo yirinda ibyago
kugabanya umuvuduko no gutambukana b) Gukandagira ikirenge cya amburiyage no
ubwitonzi kuvuza ihoni ryo kumunyesha
c) Kwatsa amatara maremare n’amagufi no c) Kugumana umuvuduko n’ikirekezo wari
gutambuka vuba bishoboka ufite mu muhanda
d)Kuvuza ihoni no gutambukana ubwitonzi d)Guhagarara ku mpera zuwo musozi
328. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki ahuye 329.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ageze
n’ikinyabiziga giturutse mukindi kerekezo, hafi y’inzira ifunganye igihe ahuye n’ikindi
gicanye amatara yumuhondo aburira ? kinyabiziga giturutse mukindi cyerekezo?
a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba
kugabanya umuvuduko no gutambukana a) Agomba kuguma mumwanya yarimo
ubwitonzi agategereza gutambuka kwikindi
b) Ikinyabiziga cy’ubutabazi kinyabiziga
c) Yagize ibyago b) kugabanya umuvuduko no gusiga
39
d)Umuvudoko urenze umwanya uhagije hagati y’ibinyabiziga
byombi
c) gutegereza ko undi muyobozi
w’ikinyabiziga ava mu muhanda
d)gutwarira ikinyabiziga mu muhanda hagati
kugirango abandi bayobozi bahagararare
330.Umuyobozi w’ ikinyabiziga agendera inyuma 331.Niryari amatara ndanga cyerekezo agomba
y’ikindi kinyabizaga akaba adateganya kugaragazwa kubandi bakoresha umuhanda ?
kukinyuraho yakora iki ?
A) igihe gusa ari ngombwa amenyesha ibindi
a) kuguma yicyo kinyabiziga hagati mu binyabiziga bimukurikiye
muhanda B) igihe gusa aringombwa kuburira abandi
b) kuguma inyuma yacyo kugirango yemerere bayobozi bava mukindi cyerekezo
ibindi binyabiziga gutambuka C) mugihe gikwiye ushaka kumenyesha abandi
c) gutwarira inyuma ye umwegereye cyane bakoresha umuhanda icyo ugiye gukora
kugirango ureke ibindi binyabiziga D) keretse ahari ibimenyetso byo mu muhanda
bibanyureho byerekana icyerekezo cyawe
d)gutanga ibimenyetso kubindi binyabiziga ko
byabanyuraho
332.Gutinda gutanga ibimenyetso ku muyobozi 333.Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe
w’ikinyabiziga ni gute bibangamira abandi hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo mu
bakoresha umuhanda ? muhanda ?
a) Ku mushyira kunkengero y’umuhanda
b) Kutamukuramo keretse mugihe hari
a) bigira ingaruka gusa kubaturuka mukindi ibyago byaterwa n’inkogi y’umuriro
cyerekezo cyangwa akaba ashobora kugongwa
b) bishobora gutuma batabona igihe gihagije cyo n’ikindi kinyabiziga no guhamagara
gushyira mubikorwa icyo amenyeshejwe ababishinzwe
c) baba bafite igihe gihagije cyo gushyira mu c) Gusaba uwakomeretse kunyeganyeza
bikorwa ibyo bamyeshejwe ibice by’umubiri kugirano umenye aho
ntacy bibabangamiraho ibikomere bye bigarukira
d)Guhumuriza uwakometse ukamuha ikinyobwo
gikonje
334.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora igihe 335.Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera
agize uruhare mu mpanuka yo mu muhanda , aho munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata
ntawakometese ariko ibinyabiziga bikaba ibumoso yakora iki?
byateza icyago cyangwa byafunze umuhanda ?
a) gutwara yegera umurongo wo hagati mu
a) Gushushanya aho zagonganiye no muhanda yerekeza ibumoso
kuzishyira kuruhande b) gutwara yegera uruhande rw’iburyo
b) Gukuramo abagenze ugashyiraho icyapa bw’umuhanda
cya mpandeshatu girukura kumodoka c) gutwara yegera ku uruhande rw’ibumoso
c) Gutegereza ko abapolisi bahagera mbere bw’umuhanda
yo gukura ibinyabiziga mu muhanda d)Gutwarira hafi y’umurongo ugabanya umuhanda
d)Guhagarika ibindi binyabiziga kugeza ikibazo mo kabili
gikemutse mukabona kubikura mu muhanda
40
336. Umuyobozi w’ikinyabizaga uri kugendera 337.Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga atwaye mu
mu muhanda w’ibyerekezo bibiri nuruhe ruhande muhanda urombereje w’ibice byinshi agomba
rw’umuhanda agomba gukoresha ? kugendera mu kihe gice cy’umuhanda ?
340.Mbere yuko umuyobozi w’ikinyabiziga akata 341. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakwitondera iki
ibumoso mu nzira nyabagendwa, nihe mbere yuko y’injira munzira banyuramo
ikinyabiziga kigomba kuba kiri ? bazengurutse ?
a) ibinyabiziga bimuturuka inyuma umuvuduko
bifite n’uburyo bimwegereye
b) ibinyabiziga biturutse ibumoso bwe
n’umuvuduko bifite n’intera iri hagati ye
nabyo
c) ibinyabiziga biturutse iburyo n’umuvuduko
bifite ni intera iri hagati ye nabyo
d)ibinyabiziga bimututse imbere , umuvuduko
bifite n’intera iri hagati ye nabyo
41
nyabagendwa
d)Mu ruhande rw’ibumoso bw’inzira
nyabagendwa
342.Umuyobozi w’ikinyabiziga ugendera inyuma 343. Igihe ubonye icyapa kigaragaza ishuli
y’ikinyabaziga gitwara abagenzi gihagaze wakora iki?
gikuramo cyangwa gishyiramo abagenzi agomba a) kugabanya umuvuduko no gukomeza
: witonze
a) kunyuranaho ibumoso b) gukomeza n’umuvuduko uri hejuru kuko
b) gutegereza yihanganye umunyeshuli agomba gutegereza
c) a na b ni ibisubizo by’ukuri c) kuvuza ihoni
nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) ibisubizo byose ni ukuri
42
aguma yaka d)Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) Ibisubizo byose ni ukuri
43
mo kabiri unareba ibimenyestso by’umuhanda
bigarura urumuri
360. Ugeze mu masangano y’umuhanda aho 361.Amatara ndangacyerekezo agomba
usanga ibimenyetso bimurika bidakora, wakora kugaragara nijoro igihe ijuru rikeye mu ntera
iki igihe umukozi ubifiye ububasha aguhaye iki nibura ya:
kimenyesto ? a.m 100
b.m 200
(c)m150
d.m250
366. Iki cyapa kivuga: 367. Iki cyapa gisobanura ibi bikurikira:
44
b. inkomane y’aho umuhanda umwe urasukira
iburyo a.birabujijwe kunyura ku kindi kinyabiziga
c. a na b ni ibisubizo by’ukuri (b.)gutambuka mbere kw’ibinyabiziga bituruka
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo aho ujya
c.a na b ni ibisubizo by’ukuri
d. nta gisubizo cyukuri kirimo
372. Umuyobozi ubonye ko hari undi umukurikiye 373. Iki cyapa cyerekana :
ashaka kumunyuraho agomba kubahiriza ibi
bikurikira :
(a.) kwegera i ruhande rw’iburyo bw’umuhanda
b.kongera umuvuduko
c.guhagarara
d. a na c ni byo bisubizo by’ukuri
a. ifungana ry’umuhanda
b. ifungana ry’umuhanda n’akayira gasatira
umuhanda i bumoso
45
c. umuhanda utaringaniye
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
376. Iki cyapa kivuga: 377. Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri
kandi ugendwamo mu byerekezo byombi
umuyobozi abujijwe :
a. kugendera mu gisate cy’iburyo
b. kunyuranaho
(c) kugendera mu gisate cy’ibumoso
d. ibisubizo byose ni byo
(a.) ikoni iburyo
b. akazamuko gashinze cyane
c. akamanuko gashobora gutera ibyago
d. b na c byose ni ukuri
378. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda 379. Icyapa cyerekana inzira y’amatungo
ubisikanirwamo gifite: itegetswe giteye:
380. Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza 381. Ibyapa biburira nibyo gutambuka mbere
amahoni kirangwa na : birangwa:
46
a. ishusho y’uruziga, ubuso bw’ubururu, ikiranga (a).ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura ,
cy’umukara ubuso bwera n’ ikiranga mu ibara ry’umukara
b.ishusho y’uruziga, ubuso bw’ubururu, ikiranga b.ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura,ubuso
cy’umweru bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara
(c) ishusho y’uruziga, ubuso bw’umweru, ikiranga c.ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso
cy’umukara bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara
d) ntagisubizi cy’ukuri kirimo d. ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso
bwera n’ikiranga mu ibara ry’umukara
382. Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa : 383. Ibyapa biburira bibereyeho kumenyesha
umugenzi :
a. Mumasangano
b.mu bimenyetso bimurika (a.) ko hari icyago
c. a na b ni ibisubizo by’ukuri b.icyago kidasobanuye ukundi
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c.imiterere y’icyago gitunguranye
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo
386. Icyapa kivuga “icyerekezo 387. Iki kimenyetso gitanzwe n’umukozi ubifitiye
gitegetswe”kigizwe n’ikirango cy’ibara : ububasha cyo guhagarara :
a. umweru
b. umutuku
(c.) ubururu n’ikirango cy’umweru
d. umukara
47
kunyuranaho ibumoso ? Ndashaka kunyura kuri izi kamyo ibyiri mugihe
gito ibumoso icyarimwe , biremewe ?
a. yego
b. yego, iyo ufite umuvuduo wa 90km/h
c. oya
(a) yego,
d. ntagisubizo cy’ukuri
(b) oya
(c) yego bikorewe ibumoso
(d) ntagisubizo cy’ukuri
391. K’umuyobozi w’ivatiri, iki cyapa kivuze iki ? 392. Ndashaka gukata iburyo. Biremewe ?
a) yego
b) yego, ariko nyuma yo guhagarara
a) kirambuza gutwara ku muvuduko utarengeje (c) ntabwo byemewe
5km/h d) ntagisubizo cyukuri kirimo
b) ntaburenganzira kimpa, mugihe gikurikizwa ku
binyabiziga bifite hejuru y atoni 5
(c) ntacyo bindebaho mugihe bireba gusa zipima
tone 5 no kurengaho.
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
393. Umuhanda wambukiranya inzira ya 394. Kuri iki cyapa cyo mu muhanda cyambere
gariyamoshi kintegeka ?
48
a) Kugendera k’umuvuduko uri hejuru ya 30km/h
a) nshobora gukomeza nkambuka umuhanda b) kutarenza umuvuduko wa 30km/h
kubera ko uruzitiro rufunguye (c) birabujijwe kugendera kumuvuduko uri hejuru
(b) ngomba guhagarara munsi yitara ry’umutuku ya 30km/h
rimyatsa d) nta gisubizo cyukuri
c) ntabwo nakomeza urugendo rwanjye. Ngomba
gihita mpagarara
d) ntagisubizo cy’ukuri
49
gusa tugomba gutambukana ubwitonzi
d) ntagisubizo nakimwe kirimo
399. Ndi kumuvuduko wa 20km/h. nshobora 400. Umuyobozi wikinyabiziga aritegura
gukomeza muri iri sangano ry’umuhanda? kunyuraho ibumoso :
(a) oya
b)yago, nshobora gukata iburyo a) nshobora kumunyuraho nyuze iburyo
c) yego, nshobora guta ibumoso cyangwa iburyo b) sinshobora kumunyura
d)yego, nshobora gukata ibumoso gusa (c) nshobora kumunyura nciye ibumoso ariko
mbonye ko mfite umwanya uhagije
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
401. Uhereye kuri ibi byapa habujijwe : 402. Ndashaka gupariki ikinyabiga iburyo kunzira
y’abanyamaguru
403. Iki cyapa gisobanura iki ? 404. Iki cyapa gisobanura iki mu nkomane ?
50
405. Iki cyapa gisobanura iki aho banyura 406 . Iki cyapa gisobanura iki ?
bazengurutse ?
407. Iki cyapa gisobanura iki ? 408. Iki cyapa gisobanura iki ?
410. Iki cyapa gisobanura iki ? 411. Iki cyapa gisobanura iki ?
51
(a) Birabujijwe guhindukira
b) Birabijijwe gusubira inyuma
c)Umuhanda unyerera imbere
d) Ntibyemewe kugendera mu byerekezo byombi
416. Iki cyapa gisobanura iki ? 417. Iki cyapa gisobanura iki ?
52
a) Umuhanda ugabanijwemo ibisate bibiri (b) Akamanuko gashobora gutera ibyago
b) Umuhanda ugabanijwemo ibisate bine c) Ahantu umuhanda umeze nabi
c) Inzira y’icyerekezo kimwe d) Uguhinguka ku mwaro cyangwa ku nkombe
(d) Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo
418. Iki cyapa gisobanura iki ? 419. Iki cyapa gisobanura iki ?
420. Iki cyapa gisobanura iki ? 421. Iki cyapa gisobanura iki ?
a) Icyapa C1
(b) Icyapa E14
c) Icyapa C2a
d) Icyapa B2a
424. Muri ibi byapa bikurikira ni ikihe cyerekana 425. Iki cyapa:
ko umuyobozi ukibonye yemerewe gutambuka
mbere y'abaturutse aho agana mu nzira ifunganye:
53
(a) Aho banyura bazengurutse
b) Cyerekana umuhanda w'ibisate bitatu
c) Cyerekana ahegereye inkomane
d) Ntagisuzo cy’ukuri kirimo
(a) Icyapa B6
b) Icyapa A19
c) Icyapa B3
d) Icyapa A22a
426. Iki cyapa gisobanura iki ? 427. Ni ikihe icyapa gisobanura umuhanda
w'icyerekezo kimwe:
a) Icyapa D1a
(b) Icyapa E13a
c) Icyapa C19
d) Icyapa C1
428. Iki cyapa gisobanura iki ? 429. Iki cyapa gisobanura iki ?
54
430. Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ? 431. Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
a) Biremewe kunyuranaho
(b) Umuyobozi abujijwe kukirenga (a) Umuyobozi abujijwe kurenga umurongo wera
c) Wegereye icyapa cyo guhagarara umwanya ucagaguye cyeretse mugihe bitateza icyago
muto b) Birabujijwe kunyuranaho
d) Umuhanda ufunganye c) Biremewe kunyuranaho ariko nturenge
umurongo wera ucagaguye
d) Birabujijwe gusubira inyuma
432. Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A 433. Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A
ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda
kivuze iki ? kivuze iki ?
55